RWANDA: IBIGO NDERABUZIMA BIRASHIMIRWA URUHARE MUKWIYAKIRA KW’ABANDUYE VIRUS ITERA SIDA

Ubu ni bumwe mu buhamya butangwa na bamwe mu banduye virus itera sida mu Rwanda, bemeza uruhare rukomeye rw’ibigo nderabuzima mu Rwanda mu guhangana na virus itera sida. Bavuga ko guhangana n’ingaruka za virus itera sida ku bayanduye icya mbere kandi cy’ingenzi basanga kwiyakira bihatse ibindi kuko utabasha kunywa neza imiti igabanya ubwandu bwa virus […]

Continue Reading

Rwamagana: Urubyiruko rwatashye ikigo kizabafasha guhashya ibiyobyabwenge n’inda zitateganyijwe

Taliki 21 Ugushyingo 2024, mu Murenge wa Mwulire mu karere ka Rwamagana,  hatashwe ikigo cy’imwidagaduro y’urubyiruko cy’ubatswe n’Umuryango utabara imbabare (Croix Rouge/ Rwanda) n’abandi bafatanyabikorwa batandukanye, icyo kigo kizajya gikora ubukangurambaga bugamije gufasha urubyiruko kugira ubumenyi bwimbitse ku buzima bwo mutwe n’ubuzima bw’ imyororokere. Uwo muhango kandi witabiriwe na Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba n’abandi bafatanyabikorwa n’abayobozi […]

Continue Reading

Amerika yashimangiye ko yemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje intwaro zayo

Mu butumwa White House yashyize hanze ku wa Mbere tariki 25 Ugushyingo 2024, yavuze ko Amerika yemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje misile zayo zizwi nka ATACMS. Umuvugizi wa White House mu by’umutekano, John Kirby, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru yavuze ko “bemerewe gukoresha ATACMS mu kwirwanaho kandi aho bikenewe cyane. Twahinduye amabwiriza, tubaha amabwiriza mashya […]

Continue Reading

Ibintu bisenya umuryango mu mboni za Soeur Immaculée Uwamariya

Soeur Immaculée Uwamariya, umubikira wamamaye cyane mu Rwanda kubera inyigisho atanga ku rukundo, kubana, urubyiruko, n’imibereho rusange, harimo no kubaka ingo zihamye, yagaragaje ibisenya umuryango, aho usanga hari abashakanye babana nk’abaturanyi. Byagarutsweho kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2024, ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’Isi mu minsi 16 yahariwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Mu Rwanda, iyi […]

Continue Reading

Basketball: Birasaba iki ngo u Rwanda ruzajye mu gikombe cya Afurika 2025?

Mu gace ka kabiri (Round 2) kaberaga muri Senegal mu rugendo rwo gushaka itike yerekeza muri Angola umwaka utaha mu mikino ya Afro Basket, u Rwanda muri aka gace rwasaruye amanota ane rusoza ku mwanya wa 3 nyuma yo gutsindwa imikino 2 rugatsinda 1. Ibi ariko ntibiha itike ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yo kwerekeza mu […]

Continue Reading

Gakenke: Inyamaswa zitazwi zimaze kwica amatungo umunani y’abaturage

Mu makuru Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhondo, GASASA Evergiste yatangarije Kigali Today, yavuze ko izo nyamazwa zishe ayo matungo zikomeje guhigwa aho hamaze gupfa imbwa ebyiri. Yagize ati “Kuwa gatandatu mu ma saa kumi n’imwe z’umugoroba, abaturage bagiye gucyura amatungo bari baziritse aho twita mu Gisagara, basanga yapfuye. Ni ibintu bitari bisanzwe hano mu murenge […]

Continue Reading

Icyamamare Hamilton Lewis afite inzozi zo kuzitabira amarushanwa ya Grand Prix i Kigali

Mu butumwa Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanditse kuri X, yavuze ko Inteko Rusange ya FIA, amarushanwa no gutanga ibihembo bizabera mu Mujyi wa Kigali, ndetse icyamamare mu mukino wa wo gusiganwa mu modoka uzwi nka Formula 1, Lewis Hamilton, nawe ubwe aherutse gushyigikira ko ayo marushanwa abera mu Rwanda, aho nawe ngo […]

Continue Reading

Yabinyujije mu gihangano, ashishikariza abantu kuva mu byaha

Celine Uwase ni umuhanzikazi usengera mu Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi, akaba mu buzima busanzwe ari umukozi w’Umuryango Mpuzamahanga witwa BRAC International uharanira iterambere no kuvana abantu mu bukene by’umwihariko ab’igitsinagore. Yarangije amasomo ye ya kaminuza muri ULK mu Icungamari mu mwaka wa 2023, akavuga ko muri iyi minsi yiyemeje kongera ingufu mu bikorwa bye […]

Continue Reading

Abaramyi barimo Diane Ella, Abid Cruz, Sutcliffe bahuje imbaraga na Niyo Bosco

Aba baramyi, ubusanzwe babarizwa muri Harrison records igizwe na ekipe ngari, bavuga ko bahisemo gukorana na Niyo Bosco nyuma y’uko bakunze ijwi rye ndetse n’imyandikire ye yihariye. Bati, “Nka Harrison records twakunze ijwi rya Bosco nimyandikire ye yuje ubuhanga n’ubugeni butangaje, umwaka ushize wa 2023 nibwo twahuye nawe kuko harumushinga twakoranye na wo ufite aho […]

Continue Reading

Isoko ryubatse ku mupaka wa Kagitumba rishobora guhabwa rwiyemezamirimo uricunga

Avuga ko aya masoko nyambukiranyamipaka yubatswe hagamijwe gufasha abaturiye imipaka gukora ubucuruzi bwabo, abandi babone aho bagurisha umusaruro wabo ndetse n’aho bazahahira batambutse umupaka cyane cyane ku badafite ibyangombwa bibemerera kuwambuka. Avuga ko nubwo isoko rititabiriwe cyane bitavuze ko ritari rikenewe ahubwo hagiye gushakwa rwiyemezamirimo uzafasha kuzana abarikoreramo. Yagize ati “Isoko ryari rikenewe igisigaye ni […]

Continue Reading