Sunday, October 19, 2025

Ubuzima

AGAKINGIRIZO GACITSE URI MU MIBONANO MPUZABITSINA WAKORA IKI?

Iki n’ikibazo cyagarutsweho na bamwe mu bakoraga umwuga w’uburaya ( indangamirwa) mu karere ka Rubavu, nyuma yo kuwuvamo bagahitamo gufata iya mbere mu guhangana no gukumira ubwandu bushya bwa Virus itera sida. Bibumbiye muri koperative yabo yitwa Abiyemeje guhinduka Gisenyi ikorera mu kagali ka Mbugangali mu murenge wa GisenyiNi ikibazo bagaragarije abanyamakuru bakora inkuru z’ubuzima […]

UBUDAHEMUKA IMWE MU NGAMBA ZO GUHANGANA NA VURIS ITERA SIDA MU MURYANGO

Iyo n’imwe mu nama y’ingenzi igirwa abashakanye yo kudacana inyuma hagati yabo mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya virus itera sida no kubaka urugo rutekanye rutarimo amakimbirane kandi rurangwamo ituze n’icyizere byo shingiro ry’umuryango uhamye. Ni mu gihe bamwe mu baturage batuye mu karere ka Rubavu baganiriye n’ikinyamakuru ingobyi.com bahamya ko ikibazo cyo gucana inyuma […]

Ibidukikije

BIRMANIE-ABASAGA 1000 BAGUYE MU MUTINGITO UDASANZWE

Umubare w’abantu bishwe n’umutingito udasanzwe mu gihugu cya Bilimaniya ukomeje gutumbagira. Ubuyobozi muri icyo gihugu, kuri uyu wa gatandatu bwatangaje ko abamaze kurenga 1000 bapfiriye muri Myanmar nyuma y’umutingito ufite ubukana bwa 7.7 wibasiye icyo gihugu, 2376 barakomereka bikabije. Ni mu gihe ibikorwa by’ubutabazi bigenda byiyongera mu gushaka abagihumeka, bagwiriwe n’inyubako zirimo inzu zigerekeranye. Ibihugu […]

IMIHINDAGURIKIRE Y’IBIHE YA HAGARITSE AKAZI MURI VENEZUELA

Ubu abakozi ba Leta muri iki gihugu cya Venezuela nti bari gukora akazi kabo uko bikwiye. Guverinoma y’icyo gihugu kuri iki cyumweru yatangaje ko abakozi bayo bazajya bakora amasaha atarenze atatu ku munsi, mu gihe cy’ibyumweru bitandatu kubera ikibazo cy’amapfa. Guverinoma yagize iti: “Kubera imihindagurikire y’ikirere byatumye ubushyuhe bwiyongera ku isi hose, ibi byatumye mu […]

ZIMBABWE: NYUMA Y’IMINSI ITANU ABANA N’INTARE, UMWANA W’IMYAKA 7 YAZIROKOTSE

Uyu mwana yitwa Tinotenda Pundu, atuye mu gace k’Amajyaruguru ko mu gihugu cya Zimbabwe, hafi ya Pariki y’Igihugu Matusadona, ariyo yaramazemo iminsi itanu yaraburiye irengero, abana n’intare. Ni Pariki, utapfa kwinjiramo uko wishakiye kuko izwi kubamo inyamaswa nyishi z’inkazi zirimo intare, ingwe, imbogo, inzovu ndetse n’imvubu n’ingona kuko inyuramo Ikiyaga cyitwa Kariba. Iyi nkuru y’uyu […]

Follow Us

Advertisement